IBITARO BYA KABGAYI MU NSHAMACYE

Ibitaro by’Akarere bya Kabgayi, ni Ibitaro bya Kiliziya  Gatolika bifashwa na Leta y’u Rwanda, bikaba biherere mu Ntara y’Amajyepfo,mu Karere ka Muhanga. Kugeza ubu bikaba bifite Ibigo Nderabuzima  cumi na bitandatu (16) na Gereza ya Muhanga  bireberera aribyo:

MUSHISHIRO HC

MUHANGA PRISON

RUTOBWE HC

NYARUSNGE HC

RUGENDABARI HC

KABGAYI HC

GIKOMERO HC

NYABIKENKE HC

SHYOGWE HC

KIVUMU HC

GASAGARA HC

NYABINONI HC

GASOVU HC

GITEGA HC

BURAMBA HC

MATA HC

GITARAMA HC

 

Ibyo Bitaro byatangijwe na Kiriziya Gatolika mumwaka w’1937, bifite intego yo kwakira no kuvura abaturage babigana kandi neza.

Ni ibitaro bifite ibitanda bisaga 450, bikaba kugeza ubu bifite abakozi basaga 300 bashinzwe kwita ku barwayi , bikagira abaganga binzobere (specialists) icyenda (9) ndetse bikagira n'abaganga basanzwe (GP) basaga 20.

Muri rusange abaje bagana ibitaro bya Kabgayi bahabwa ubuvuzi bukurikira:

Ophthalmology

Obstetrics and Gyneco

Maternity

Emergency

Pediatrics

Radiology

NCDS

General Surgery

Internal Medecine

Labolatory

Pharmacy

Physiotherapy

Neonatology

Ambulance

ARVs

Dental

Nutrition

Isange one stop center

Mental health

OPD