IBITARO BYA KABGAYI MU NSHAMACYE
Ibitaro by’Akarere bya Kabgayi, ni Ibitaro bya Kiliziya Gatolika bifashwa na Leta y’u Rwanda, bikaba biherere mu Ntara y’Amajyepfo,mu Karere ka Muhanga. Kugeza ubu bikaba bifite Ibigo Nderabuzima cumi na bitandatu (16) na Gereza ya Muhanga bireberera aribyo:
| MUSHISHIRO HC | MUHANGA PRISON |
| RUTOBWE HC | NYARUSNGE HC |
| RUGENDABARI HC | KABGAYI HC |
| GIKOMERO HC | NYABIKENKE HC |
| SHYOGWE HC | KIVUMU HC |
| GASAGARA HC | NYABINONI HC |
| GASOVU HC | GITEGA HC |
| BURAMBA HC | MATA HC |
| GITARAMA HC |
|
Ibyo Bitaro byatangijwe na Kiriziya Gatolika mumwaka w’1937, bifite intego yo kwakira no kuvura abaturage babigana kandi neza.
Ni ibitaro bifite ibitanda bisaga 450, bikaba kugeza ubu bifite abakozi basaga 300 bashinzwe kwita ku barwayi , bikagira abaganga binzobere (specialists) icyenda (9) ndetse bikagira n'abaganga basanzwe (GP) basaga 20.

Muri rusange abaje bagana ibitaro bya Kabgayi bahabwa ubuvuzi bukurikira:
| Ophthalmology | Obstetrics and Gyneco |
| Maternity | Emergency |
| Pediatrics | Radiology |
| NCDS | General Surgery |
| Internal Medecine | Labolatory |
| Pharmacy | Physiotherapy |
| Neonatology | Ambulance |
| ARVs | Dental |
| Nutrition | Isange one stop center |
| Mental health | OPD |